
18
IGPerezida Kagame yavuze ko mu nama y’Umuryango w’Abibumbye yiga
ku Mihindagurikire y’Ikirere (COP28) guverinoma zitandukanye zasabye ibigo
mpuzamahanga bitanga inkunga ko
byashyira ingufu za Nikeleyeri mu mishinga byateza imbere, agaragaza ko igihe kigeze cyo gukorera hamwe kugira ngo Afurika ibashe gufashwa muri uru rugendo.
@igaba_tv_show










